Abageze ku cyiciro cya nyuma cy’irushanwa rya The Next Pop Star harimo abakobwa babiri n’abahungu bane barimo abasanzwe ari abahanzi babiri ari bo Gisa Cy’Inganzo na Ish Kevin. Abageze kuri…
Muri iki gihe, iyo umuntu yumvise ko ahantu runaka habaye ibirori, urugero nk’ibyo kwizihiza isabukuru y’amavuko (Anniversaires/birthdays), ahita yumva ko byanze bikunze haza gukatwa umutsima bita uwa kizungu, (cake/gateau). Ni…
mafoto meza cyane uyu mukobwa yashyize hanze,yagaragaje umusore bakundaniye kuri Twitter apfukamye ku musego ari kumwambika impeta yo kumusaba ko yazamubera umugore. Abantu barenga ibihumbi 80 bakunze aya mafoto y’uyu…
Davis D yamaze gushyira hanze indirimbo nshya “Bon” yari imaze igihe itavugwaho rumwe bitewe n’inkuru zayibanjirije ariko bisa nko kuyiteguza. Umureberera inyungu yamaze kubwira InyaRwanda icyo bateganya mu gihe ibitaramo…
Mu ntangiriro z’iki cyumweru Calvin Mbanda yashyize hanze indirimbo ‘Aba People’ mu buryo bwanditseho (video lyrics) ariko yari yijeje abafana be ko amashusho yayo ari bugufi. Kuri ubu rero yamaze…
Abantu benshi bakunze kwibaza no gushaka kumenya umukobwa ufite uburanga burenze ubw’abandi ku isi. Urutonde twakoze, ni urutonde rukomeye cyane. Uru rutonde rwagendeye kubakobwa bazwi cyane ku isi bitewe n’ubuhangange…
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibiribwa n’Imiti muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FDA) kiri kwitegura guha uruganda rwa Moderna uburenganzira bwo kugurisha urukingo rwa Coronavirus, nyuma y’uko igenzura ryakozwe n’icyo kigo…
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 18 Ukuboza 2020,abantu 73 basanzwemo ubwandu bwa COVID-19 mu bipimo 3,468 byafashwe, mu gihe nta muntu n’umwe wayikize mu masaha 24 ashize.…
Iyo bigeze mu rukundo rw’umusore n’umukobwa burya ibikorwa bivuga cyane kurusha amagambo ubwira umukobwa. Bishobora kuba byakoroha kubwira umukobwa ko umukunda ariko nibyiza kandi bihabwa agaciro burya iyo weretse umukobwa…