Yabwiye urukiko ko Satani ariwe wamwohereje kujya kwiba abapolisi
I nairobi: Umugabo witwa Mohamed Noor yemereye urukiko ko satani yamwohereje kwiba polisi
Uyu mugabo Mohamed Noor ufite...
Ukraine – Russia: Ibiganiro byasubitswe, ingabo z’Uburusiya zitangira kwerekeza i Kyiv
Igisikare cya Ukraine cyatangaje ko abasirikare b'Uburusiya basubukuye ibitero byabo ku murwa mukuru Kyiv.
Umugaba mukuru w'ingabo zirwanira ku...
Europian Union: Ijambo rya Perezida wa Ukraine, Ijambo riteye agahinda
Mu ijambo yagejeje ku Nteko y’Ubumwe bw’Uburayi, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yasabye ko igihugu cye kigirwa ikinyamuryango, akaba yavuze ko ubu...
Ukraine – Rwanda: Bamwe mu banyeshuri bigayo bari mu bibanza biberawo imirwano
Alain Mukurarinda, icyegera cy'umuvugizi wa Leta y'Urwanda avuga ko abo bari muri 85 Urwanda rumaze kumenya ko bari muri icyo gihugu ikaba...
Yuriy Vernydb uzwi nkumutoza yahagaritse imirimo ye ajya gufasha igihugu cye guhashya Uburusiya
Amezi atanu arashize akoze amateka akomeye yo gutsindira Real Madrid kukibuga cyayo aricyo, Santiago Bernabéu Stadium I madrid muri UEFA Champions League.Umutoza...
Ese kuki President Biden atazohereza ingabo kurwanya Uburusiya muri Ukraine ?
Perezida Joe Biden yashyize umuhate uboneka muri diplomasi mu kurwanya ibitero byari byugarije by'Uburusiya kuri Ukraine.
Ubutegetsi bwe bwakomeje...
Umuriro watse: U Burusiya bwatangije intambara kuri Ukraine byeruye.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 24 Gashyantare 2022, Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yanditse amateka, aho yatangije urugamba ku...
Uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports Yamenyekanye
Umusifuzi ukomeye Ishimwe Claude niwe uzayobora umukino w’ishyiraniro wo kuri uyu wa gatandatu uzahuza Rayon Sports na APR FC ku munsi wa...
Dore ibanga ryo gutwika ibinure byo ku nda
Abantu benshi bakunze guhura n’ikibazo cyo kugira ibinure ku nda bigatuma bagira mu nda hanini (nyakubahwa), bakwambara ntibaberwe, ndetse bamwe bikabatera ipfunwe.
Muri Nigeria, Umukecuru W’imyaka 102 Arikwiyamamariza kuba Perezida
Umunya Nigeria w’imyaka 102, Nonye Josephine Ezeanyaeche, yatangaje ko yifuza kuzitabira amatora ya perezida w’iki gihugu azaba muri 2023.