U Rwanda rwitabiriye amarushanwa y’ikoranabunga mu Bushinwa ndetse runitwara neza.
U Rwanda rwitwaye neza kuko rwaje ku mwanya wa kabiri mubihugu byitwaye neza mu bihugu 36 byitabiriye amarushanwa y’ikoranabuhanga yateguwe n’ikigo cya Huawei azwi nka Huawei ICT Competition 2022-2023. Ni…
Ikigo Gishinzwe Guteza imbere ikoranabuhanga (RICTA), kiri kongerera ubumenyi abanyeshuri bo mu mashuri makuru na za Kaminuza zitandukanye mu Rwanda.
Ikigo gishinzwe guteza imbere ikoranabuhanga (RICTA), kiri kongerera ubumenyi abanyeshuri bo mu mashuri makuru na za Kaminuza zitandukanye mu Rwanda mu bijyanye n’ikoranabuhanga, kugira ngo baribyazemo amahirwe y’umurimo n’ubucuruzi. …
Ikigo Irembo Ltd cyatangije gahunda ya #Byikorere
Ikigo cy’ikoranabuhanga irembo, muri gahunda yo gushishikariza abaturarwanda kwiha serivisi zitangirwa ku rubuga rw’Irembo, hatangijwe gahunda y’ubukangurambaga yiswe ‘Byikorere’ mu rwego rwo gufasha abaturage kwisabira serivisi za Leta bifashishije ikoranabuhanga.…
Imirimo yo kubaka Umuhanda wa gari ya moshi.
Umushinga wo kubaka umuhanda wa gari ya moshi, uturuka ku cyambu cya Mombasa werekeza i Kampala ugakomeza i Kigali, ushobora gusubukurwa vuba, nyuma y’uko Uganda igiranye amasezerano yo kuwubaka n’ikigo…
Nyuma y’u Rwanda, Tshisekedi yijunditse Kenya kubera ikibazo cya M23
President wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Felix Tshisekedi yijunditse Kenya nyuma y’uko icyo gihugu kigennye umugaba mukuru mushya w’ingabo za Afurika y’Iburazirazuba (EACRF), usimbura Maj Gen Jeff Nyagah…
Amasezerano y’ubufatanye hagati y’Urwanda na Zimbamwe
Amasezerano ya Guverinoma y’u Rwanda na Zimbabwe yasinywe k’ubufatanye mu nzego zitandukanye, zirimo ikoranabuhanga mu myubakire igezweho kandi ihendutse, ay’ubufatanye mu iterambere ry’uburezi bwa za kaminuza n’amasezerano y’ubufatanye mu guteza…
Abaturage batuye umugi wa Goma barasabwa kuba maso
Amakuru aturuka mumujyi wa Goma aravuga ko Ubuyobozi bw’Umujyi wa Goma bwasabye abaturage kwitegura isaha n’isaha no kuba maso kuko ngo isaha nisaha umwanzi yabatungura agahungabanya umutekano wabo. Ni mu…
EAC: DR Congo mumuryango w’Ibihugu bigize africa y’Iburasirazuba(East African Community)
Inama y’umuryango w’ibihugu bya Africa y’Iburasirazuba (EAC) ikuriwe na Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya yateraniye I y’Arusha muri Tanzania imaze kwemeza Repubulika ya Demokarasi ya Congo nk’igihugu gishya mu muryango.…
Umusanzu w’umuturage wo hasi kuri GDP
GDP ibumbira hamwe umusaruro uva mu bucuruzi bwanditse, mu bigo binini, mu nganda, n’umusaruro wa leta. Kaberuka ati: “Kuko dufite ubucuruzi bunini butanditswe (informal sector) kuba ibyo umuturage yejeje byagabanutse…