Paul KAGAME yasabye urubyiruko rugotomera inzoga gutekereza kabiri
Paul KAGAME yasabye urubyiruko rugotomera inzoga gutekereza kabiri ahubwo bagaharanira kurinda ubuzima bwabo bw’ejo hazaza. Ibi yabigarutseho ku mugoroba wo ku cyumweru ubwo yaganirizaga abitabiriye igitaramo cyo Kwibohora ku nshuro…
Abagizweho ingaruka n’ibiza batujwe mu mudugudu w’agatangaza
Imiryango 142 y’abagizweho ingaruka n’ibiza batujwe mu mumudugudu w’agatangaza mu Karere ka Rubavu, yatujwe mu Mudugudu w’ikitegererezo wa Muhira, uherereye mu Murenge wa Rugerero (Rugerero IDP Model Village), wuzuye utwaye…
Meteo Rwanda:Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iteganyagihe cyatangaje umuyaga udasanzwe muri uku kwezi kwa Kamena.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko umuyaga ufite umuvuduko wa metero ziri hagati y’umunani na 10 mu isegonda ushobora kuzibasira uturere dutandatu two mu ntara y’Iburengerazuba muri uku…
Ikigo cy’icyitegererezo cyo kwigisha Amasomo y’ibyubuvuzi.
Umushinga wa Kigali Innovation City (KIC), muri uyu mwaka wa 2023 uritegura kwakira ikigo cy’icyitegererezo mu karere cya Kaminuza y’u Rwanda (UR), cyigisha amasomo y’ibijyanye n’ubuzima (Biomedical Engineering) ndetse n’ubuvuzi…
Ikigo Irembo Ltd cyatangije gahunda ya #Byikorere
Ikigo cy’ikoranabuhanga irembo, muri gahunda yo gushishikariza abaturarwanda kwiha serivisi zitangirwa ku rubuga rw’Irembo, hatangijwe gahunda y’ubukangurambaga yiswe ‘Byikorere’ mu rwego rwo gufasha abaturage kwisabira serivisi za Leta bifashishije ikoranabuhanga.…
Inteko y’Umuco yashyizeho uburyo bwo gusura Ingoro Ndangamurage hifashishijwe ikoranabuhanga
inteko yumuco yatangaje ko urugendo rwo kwifashisha ikoranabuhanga mu bikorwa byo gusura ingoro ndangamurage z’u Rwanda rugeze kuri 80%. inteko yumuco yabitangarije mu Karere ka Karongi mu birori byo…
Imirimo yo kubaka Umuhanda wa gari ya moshi.
Umushinga wo kubaka umuhanda wa gari ya moshi, uturuka ku cyambu cya Mombasa werekeza i Kampala ugakomeza i Kigali, ushobora gusubukurwa vuba, nyuma y’uko Uganda igiranye amasezerano yo kuwubaka n’ikigo…
Amasezerano y’ubufatanye hagati y’Urwanda na Zimbamwe
Amasezerano ya Guverinoma y’u Rwanda na Zimbabwe yasinywe k’ubufatanye mu nzego zitandukanye, zirimo ikoranabuhanga mu myubakire igezweho kandi ihendutse, ay’ubufatanye mu iterambere ry’uburezi bwa za kaminuza n’amasezerano y’ubufatanye mu guteza…
Raporo igaragaye kuri FBI
Raporo yashyizwe hanze, igaragaza ko Urwego rushinzwe ubugenzacyaha muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI) nta bimenyetso rwari rufite bihagije ubwo rwatangizaga iperereza ku ruhare u Burusiya bwaba bwaragize mu…