Paul KAGAME yasabye urubyiruko rugotomera inzoga gutekereza kabiri
Paul KAGAME yasabye urubyiruko rugotomera inzoga gutekereza kabiri ahubwo bagaharanira kurinda ubuzima bwabo bw’ejo hazaza. Ibi yabigarutseho ku mugoroba wo ku cyumweru ubwo yaganirizaga abitabiriye igitaramo cyo Kwibohora ku nshuro…
Abagizweho ingaruka n’ibiza batujwe mu mudugudu w’agatangaza
Imiryango 142 y’abagizweho ingaruka n’ibiza batujwe mu mumudugudu w’agatangaza mu Karere ka Rubavu, yatujwe mu Mudugudu w’ikitegererezo wa Muhira, uherereye mu Murenge wa Rugerero (Rugerero IDP Model Village), wuzuye utwaye…
Meteo Rwanda:Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iteganyagihe cyatangaje umuyaga udasanzwe muri uku kwezi kwa Kamena.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko umuyaga ufite umuvuduko wa metero ziri hagati y’umunani na 10 mu isegonda ushobora kuzibasira uturere dutandatu two mu ntara y’Iburengerazuba muri uku…
UBUZIMA:ubuvuzi ku bana bafite ubumuga bwatanzwe n’Abaganga b’Abashinwa
Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda Wang Xuekun yatangaje ko Leta ahagarariye yateguye ibikorwa birimo Ubuvuzi bw’Abana bafite Ubumuga mu bihugu bya Afurika kuko abana ari bo shingiro ry’ahazaza ha buri…
George Raymond Stevenson yitabye Imana nyuma yuko afashwe n’ibibazo by’ubuzima ubwo hafatwaga amashusho ya filime.
George Raymond Stevenson wakinnye muri filime zikomeye nka Thor, Vikings, Star Wars, Rome n’izindi yitabye Imana. Uyu mukinnyi wa filime w’imyaka 58 ntiharatangazwa icyateje urupfu rwe gusa yari aherutse kujyanwa…
Ikigo cy’icyitegererezo cyo kwigisha Amasomo y’ibyubuvuzi.
Umushinga wa Kigali Innovation City (KIC), muri uyu mwaka wa 2023 uritegura kwakira ikigo cy’icyitegererezo mu karere cya Kaminuza y’u Rwanda (UR), cyigisha amasomo y’ibijyanye n’ubuzima (Biomedical Engineering) ndetse n’ubuvuzi…
Imirimo yo kubaka Umuhanda wa gari ya moshi.
Umushinga wo kubaka umuhanda wa gari ya moshi, uturuka ku cyambu cya Mombasa werekeza i Kampala ugakomeza i Kigali, ushobora gusubukurwa vuba, nyuma y’uko Uganda igiranye amasezerano yo kuwubaka n’ikigo…
Raporo igaragaye kuri FBI
Raporo yashyizwe hanze, igaragaza ko Urwego rushinzwe ubugenzacyaha muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI) nta bimenyetso rwari rufite bihagije ubwo rwatangizaga iperereza ku ruhare u Burusiya bwaba bwaragize mu…
Asaga miliyoni 22 Frw yashyizwe ku meza y’urubyiruko rwahanze udushya
Asaga miliyoni 22frw yahawe urubyiruko Umuryango Mpuzamahanga Uharanira kurandura Ubukene n’Inzara, Heifer International, watangije amarushanwa azahuza urubyiruko rwashinze ibigo bikoresha ikoranabuhanga mu buhinzi azwi ku izina rya AYuTe Africa Challenge,…