• Sun. Sep 24th, 2023

POLITIKE

  • Home
  • Inama ihuza u Burusiya na Afurika irikubera mu Mujyi wa St Petersburg mu Burusiya.

Inama ihuza u Burusiya na Afurika irikubera mu Mujyi wa St Petersburg mu Burusiya.

Inama ihuza uburusiya n’ Afurika yabaye kunshuro ya kabiri ,Perezida w’u Burusiya,Vladimir Putin, yabwiye abakuru b’ibihugu bya Afurika bitabiriye Inama ihuza UBurusiya n’Afurika ko igihugu cye kigiye gutanga ku buntu ingano…

Abapolice bo mu Bufaransa barikwigaragambya!

Abapolisi bo mu Bufaransa batangiye imyigaragambyo bamagana ko bagenzi babo bane batangiye gukurikiranwa n’amategeko, ndetse umwe yafunzwe azira umuntu warasiwe mu mujyi wa Marseille. Amahuriro y’Abapolisi mu Bufaransa yahamagariye abapolisi…

UGANDA: Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni agiye mu Burusiya kwitabira inama ihuza u Burusiya n’ibihugu bya Afurika.

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yagiye mu Burusiya kwitabira inama ihuza u Burusiya n’ibihugu bya Afurika muri rusange ariko akazanagirana ibiganiro byihariye na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin…

Ibibazo bitandukanye harimo n’ibyumutekano muke bikomeje kugariza igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Kuva yabona ubwigenge nyuma yo gukolonizwa n’u Bubiligi, Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yagize ibibazo bitandukanye birimo kugira imitwe yitwaje intwaro mu bice bitandukanye harimo n’ishyigikiwe na Leta. Ku isonga…

Abagizweho ingaruka n’ibiza batujwe mu mudugudu w’agatangaza

Imiryango 142 y’abagizweho ingaruka n’ibiza batujwe mu mumudugudu w’agatangaza mu Karere ka Rubavu, yatujwe mu Mudugudu w’ikitegererezo wa Muhira, uherereye mu Murenge wa Rugerero (Rugerero IDP Model Village), wuzuye utwaye…

UGANDA:Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yihanangirije amahanga akomeje kwamagana itegeko rihana abahuza ibitsina b’igitsina kimwe bazwi nk’abatinganyi yashyizeho umukono muri iki cyumweru.

Perezida  Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yihanangirije amahanga akomeje kwamagana itegeko rihana abahuza ibitsina b’igitsina kimwe bazwi nk’abatinganyi yashyizeho umukono muri iki cyumweru. Perezida Yoweri Kaguta Museveni yashimangiye ko gushyira…

Perezida Kagame yitabiriye ibirori byo kurahira kwa Perezida mushya wa Nigeria.

Perezida Paul Kagame yifatanyije n’abakuru b’ibihugu n’abandi bayobozi bo hirya no hino muri Afurika no hanze yayo mu birori by’irahira rya Perezida wa 16 wa Nigeria, Bola Tinubu, kuri uyu…

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, yatangiye uruzinduko Mu bihugu bya Afurika.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, yatangiye uruzinduko rugamije kwiyegereza ibihugu bya Afurika mu gihe igihugu cye gihanganye n’u Burusiya mu ntambara, ndetse byitezwe ko azanagera i Kigali. Ni…

U Burusiya bwagabweho ikindi gitero

ikindi gitero cyagabwe kuburusiya Leta y’u Burusiya yemeje ko drone yateye igisasu mu muhanda w’imodoka mu Ntara ya Belgorod, nyuma y’umunsi umwe igabwemo igitero gikomeye n’abantu bitwaje intwaro baturutse muri…