Abapolice bo mu Bufaransa barikwigaragambya!
Abapolisi bo mu Bufaransa batangiye imyigaragambyo bamagana ko bagenzi babo bane batangiye gukurikiranwa n’amategeko, ndetse umwe yafunzwe azira umuntu warasiwe mu mujyi wa Marseille. Amahuriro y’Abapolisi mu Bufaransa yahamagariye abapolisi…
UGANDA: Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni agiye mu Burusiya kwitabira inama ihuza u Burusiya n’ibihugu bya Afurika.
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yagiye mu Burusiya kwitabira inama ihuza u Burusiya n’ibihugu bya Afurika muri rusange ariko akazanagirana ibiganiro byihariye na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin…
Uruganda rw’Abadage rukora imodoka, BMW, rwamuritse imodoka idasanzwe yo mubwoko bwa BMW 5 ifite ubushobozi butangaje.
Uruganda rw’Abadage rukora imodoka, BMW, rwamuritse imodoka ya mbere idasanzwe yo mu bwoko bwa BMW 5 ifite ubushobozi bwo guhindura igice cy’umuhanda iri kugenderamo hakoreshejwe kureba mu ndorerwamo z’icyerecyezo uyitwaye…
RDC yasabwe n’Amerika guhagarika imikoranire n’umutwe wa FDLR.
RDC yasabwe n’Amerika guhagarika imikoranire n’umutwe wa FDLR. Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony J. Blinken, yagiranye ikiganiro na Perezida Félix Tshisekedi, amusaba guhagarika imikoranire na…
Umuhanzi REMA muri “Guinness des Records”
Divine Ikubor umaze kubaka izina muri muzika nka Rema yinjiye mu gitabo cy’abanyaduhigo ku Isi (Guinness des Records) nyuma y’uko indirimbo yise ‘Calm Down’ ariyo yatangiye iyoboye urutonde rushya rw’indirimbo…
Ubwiza bwa Château Le Marara, hotel ifite imiterere mvaburayi yubatse mu nkengero za Kivu
ubwiza bwa hotel Château Le Marara iri mu nkengero z’Ikiyaga cya Kivu. Umujyi wa Karongi ufite umwihariko wo kugira amahoteli menshi agezweho yubatse ku Kiyaga cya Kivu nk’ahantu abantu…
Raporo igaragaye kuri FBI
Raporo yashyizwe hanze, igaragaza ko Urwego rushinzwe ubugenzacyaha muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI) nta bimenyetso rwari rufite bihagije ubwo rwatangizaga iperereza ku ruhare u Burusiya bwaba bwaragize mu…
Asaga miliyoni 22 Frw yashyizwe ku meza y’urubyiruko rwahanze udushya
Asaga miliyoni 22frw yahawe urubyiruko Umuryango Mpuzamahanga Uharanira kurandura Ubukene n’Inzara, Heifer International, watangije amarushanwa azahuza urubyiruko rwashinze ibigo bikoresha ikoranabuhanga mu buhinzi azwi ku izina rya AYuTe Africa Challenge,…
Perezida zelesnky yagiye i Roma mu Butariyani aho yanagiranye ibiganiro nabanya
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, uherutse kugirira uruzinduko i Roma mu Butariyani muri gahunda ya tour europe , yasubije Donald Trump uherutse kuvuga ko intambara ihuje Ukraine n’u Burusiya yayihagarika…
Kwibuka kunshuro ya 29 ,DANMARK.
Umuyobozi Mukuru w’Umuryango w’Abanyarwanda batuye Denmark, Paul Nkubana, yatangije igikorwa cyo kwibuka aha ikaze buri wese wigomye imirimo ye akifatanya n’abandi. Umuyobozi uhagarariye abanyarwanda baba mugihugu cya Danmark, PAUL Nkubana.…