Ku bakobwa bazitabira Miss Rwanda 2021 BMI izashingirwaho
Imyaka 30 irihiritse BMI [The Body Mass Index] ibaye urugero fatizo mu kugaragaza niba ibiro by’umuntu bihuye n’uburebure bwe. Yifashishwa kenshi n’abaganga mu kugira inama abantu batandukanye niba bakongera imirire…
Kigali:Haribazwa aho abagore n’abakobwa bibikara bagiye dore ko hakomejwe kwibaze irengero ryabo.
Uko iminsi ishira niko igihugu cyacyu kigenda gitera imbere ugasanga abantu bamwe nabamwe bagenda bahindura ibitekerezo ,imikorere ,imyambarire ndetse bamwe bagahindura n’impu zabo ubu abantu benshi barimo bavuga ko ntamukobwa…
Abakobwa 5 Beza mu Rwanda
U Rwanda ni kimwe mu bihugu bifite umwihariko mu bintu bitandukanye harimo imiterere y’ikirere, ubukungu n’ibyiza nyaburanga bikurura ba mugerarugendo batagira ingano, gusa iyo bigeze ku bwiza bw’Abanyarwandakazi benshi barukurira…
Icyiciro cya nyuma cya The Next Pop Star Gisa Cy’Inganzo na Ish Kevin barakomeza muri batandatu.
Abageze ku cyiciro cya nyuma cy’irushanwa rya The Next Pop Star harimo abakobwa babiri n’abahungu bane barimo abasanzwe ari abahanzi babiri ari bo Gisa Cy’Inganzo na Ish Kevin. Abageze kuri…
Davis D wasohoye indirimbo ‘Bon’ Iri ku rwego rwa Nigeria!yavugishije benshi ashobora gutaramira i Burundi – VIDEO
Davis D yamaze gushyira hanze indirimbo nshya “Bon” yari imaze igihe itavugwaho rumwe bitewe n’inkuru zayibanjirije ariko bisa nko kuyiteguza. Umureberera inyungu yamaze kubwira InyaRwanda icyo bateganya mu gihe ibitaramo…
Calvin Mbanda yashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Aba people’ video
Mu ntangiriro z’iki cyumweru Calvin Mbanda yashyize hanze indirimbo ‘Aba People’ mu buryo bwanditseho (video lyrics) ariko yari yijeje abafana be ko amashusho yayo ari bugufi. Kuri ubu rero yamaze…
Abakobwa 10 bambere bafite uburanga buhebuje ku isi
Abantu benshi bakunze kwibaza no gushaka kumenya umukobwa ufite uburanga burenze ubw’abandi ku isi. Urutonde twakoze, ni urutonde rukomeye cyane. Uru rutonde rwagendeye kubakobwa bazwi cyane ku isi bitewe n’ubuhangange…