• Mon. Sep 25th, 2023

IMYIDAGADURO

  • Home
  • FERWAFA: Nyuma Yimyaka Ibiri Igikombe cy’Amahoro Kiragarutse

FERWAFA: Nyuma Yimyaka Ibiri Igikombe cy’Amahoro Kiragarutse

Ku wa Gatatu w’icyumweru gitaha, ni bwo hatangira igikombe cy’Amahoro cyari kimaze imyaka ibiri kidakinwa, aho gitangirira mu ijonjora ry’ibanze Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaze gutangaza uko amakipe azahura…

Nyuma yo kwifuzwa na Real Madrid Kylian Mpampe Yazamuriwe agaciro muri P.S.G.

Biranugwanugwa ko Kylian Mbampe muri ekipe ya Paris Saint-Germain aributangweho icyo aricyo cyose ariko ntagende. Paris Saint-Germain iti “Twiteguye gutanga Ijuru n’Isi kugira ngo Kylian Mbape Agume I Paris”. Aho…

Yuriy Vernydb uzwi nkumutoza yahagaritse imirimo ye ajya gufasha igihugu cye guhashya Uburusiya

Amezi atanu arashize akoze amateka akomeye yo gutsindira Real Madrid kukibuga cyayo aricyo, Santiago Bernabéu Stadium I madrid muri UEFA Champions League.Umutoza wa Sheriff Tiraspol Yuriy Vernydub, nkuko amafoto abyerekana…

Uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports Yamenyekanye

Umusifuzi ukomeye Ishimwe Claude niwe uzayobora umukino w’ishyiraniro wo kuri uyu wa gatandatu uzahuza Rayon Sports na APR FC ku munsi wa 19 wa shampiyona. Uyu musifuzi mpuzamahanga uri mu…

Dore ibanga ryo gutwika ibinure byo ku nda

Abantu benshi bakunze guhura n’ikibazo cyo kugira ibinure ku nda bigatuma bagira mu nda hanini (nyakubahwa), bakwambara ntibaberwe, ndetse bamwe bikabatera ipfunwe. Ikibabaje kuruta ni uko biba biganisha ku mubyibuho…

Muri Nigeria, Umukecuru W’imyaka 102 Arikwiyamamariza kuba Perezida

Umunya Nigeria w’imyaka 102, Nonye Josephine Ezeanyaeche, yatangaje ko yifuza kuzitabira amatora ya perezida w’iki gihugu azaba muri 2023. Nonye Josephine Ezeanyaeche, uzwi kandi ku izina ry’Umunyabigwi ukiriho ” cyangwa…

Menya Byinshi Kwigenda Rya Kylian Mbappe Muri Ekipe y’Ibwami(Real Madrid) Nyuma yo kuyibabariza Muri Champions League

Amakuru aturuka muri Espagne aravuga ko Kylian Mbappe yiteguye guhindura icyerekezo akirengagiza Real Madrid akigira muri Liverpool ariko kandi ngo birashoboka ko ku munota wa nyuma ashobora kwemera kuguma muri…

Biteye agahinda: Umwana yarohamye muri Pisine arapfa mugihe mama we umubyara yarimo kwifatira mafoto

Umwana w’imyaka ibiri yarohamye muri pisine arapfa,ubwo mama we uzwi cyane ku rubuga rushyirwaho amafoto y’urukozasoni rwa OnlyFans yafataga amafoto n’inshuti ze hirya gato Chawanakon Hancharoenpanna yapfuye mu buryo bubabaje…

Menya Agahinda Niyo Bosco Yatewe N’ifungwa Rya Mukuru We Ubwo Yatangiraga Kumenyekana

Niyo Bosco uri mubahanzi barikuzamuka neza muri muzika nyarwanda ,yahishuye uko mukuru we amaze imyaka 2 azira izina uyu muhanzi yari amaze kugira ari n’aho yakuye igitekerezo cyo gukora indirimbo…

Nyampinga wa U.S.A   2019 Yapfuye Yiyahuye  Asimbutse Igorofa

Inzego z’umutekano muri leata Zunze Ubumwe za Amerika, zatangaje ko umugore wiyahuye asimbutse igorofa yabagamo zasanze ari Cheslie Kryst, wabaye nyampinga wa USA. Cheslie Corrinne Kryst wari ufite imyaka 30…