Inkuru y’incamugongo yatashye imitima y’abakunzi ba muzika nyarwanda ibika urupfu rwa Karamuka Jean Luc wamamaye nka Junior Multisystem.
Junior Multisystem yitabye Imana ,Mu ijoro rya tariki 27 Nyakanga 2023 nibwo Inkuru y’incamugongo yatashye imitima y’abakunzi ba muzika nyarwanda ibika urupfu rwa Karamuka Jean Luc wamamaye nka Junior Multisystem.…
Urutonde rwabahanzi bo muri Nigeria bishyurwa akayabo kamafaranga kugira ngo bitabire ibitaramo bitandukanye kw’isi
Muri iki gihe umuziki wa Nigeria wateyimbere cyangwa Afrobeat by’umwihariko, uri ku ibere! Abahanzi bo muri iki gihugu bamaze kubaka amateka ku buryo baciye akagozi kari kaboshye umuziki wa Afurika…
Paul KAGAME yasabye urubyiruko rugotomera inzoga gutekereza kabiri
Paul KAGAME yasabye urubyiruko rugotomera inzoga gutekereza kabiri ahubwo bagaharanira kurinda ubuzima bwabo bw’ejo hazaza. Ibi yabigarutseho ku mugoroba wo ku cyumweru ubwo yaganirizaga abitabiriye igitaramo cyo Kwibohora ku nshuro…
George Raymond Stevenson yitabye Imana nyuma yuko afashwe n’ibibazo by’ubuzima ubwo hafatwaga amashusho ya filime.
George Raymond Stevenson wakinnye muri filime zikomeye nka Thor, Vikings, Star Wars, Rome n’izindi yitabye Imana. Uyu mukinnyi wa filime w’imyaka 58 ntiharatangazwa icyateje urupfu rwe gusa yari aherutse kujyanwa…
Waba waruzi ibyihishe inyuma y’umunsi wa Valentine? Menya inkomoko y’umunsi wabakundana uzwi nka Saint Valentine
Umunsi w’abakundana witiriwe Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare buri mwaka. Uwo munsi urangwa n’uko abakundana bibuka urukundo rwabo basangira, basohokana cyane cyane bahana impano zitandukanye ziganjemo indabyo. Umunsi wa…
Ninde uriguhabwa amahirwe menshi yo gutoza amavubi(Alain Giresse), menya ibigwi bye
Abakandinda bahatanira gutoza Amavubi ni bantu ki? Alain Jean Giresse w’imyaka 69, n’Umufaransa wanyuze muma ekipe akomeye harimo Bordeaux na Marseille, akaba yaranyuze no muri Toulouse, Paris Saint-Germain, na FAR…
Umuhanzi Meddy agiye kwibaruka imfura
Umuhanzi w’icyamamare, Ngabo Medard Jobert uzwi nka Meddy, yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze, ifoto y’umugore we Mimi Mehfira, igaragaza ko atwite ndetse bari bugufi kwibaruka. Ku wa 22 Gicurasi…
France Football : Ngibi ibyahinduwe mw’Itangwa rya Ballon d’Or
Ikinyamakuru France Football gitegura ibihembo ngarukamwaka bya Ballon d’Or bihabwa abakinnyi bahize abandi mu mupira w’amaguru ku isi cyahinduye uburyo ndetse na bimwe mu bigenderwaho mu itangwa ry’ibi bihembo. Ubusanzwe…
Tanzania : Zari yatunguwe n’umukunzi we.
Umukunzi mushya wa Zari Hassan, GK Choppa yatunguye benshi avuga ko agiye kwambika impeta uyu mugore w’abana 5 amusaba ko bakwibanira akaramata. Urukundo rugeze aharyoshye hagati ya Zari Hassan n’umusore…
Imirwano ya Ukraine: Roman Abramovich yafatiwe ibihano n’Ubwongereza
Umuherwe wa Chelsea Roman Abramovich yafatiwe ibihano na reta y’Ubwongereza (UK) mu murongo w’ingingo zifatwa kubera igitero Uburusiya bwagize muri Ukraine. Ari mu baherwe barindwi bakozweho n’ibihano bya vuba, harimo…