UGANDA:Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yihanangirije amahanga akomeje kwamagana itegeko rihana abahuza ibitsina b’igitsina kimwe bazwi nk’abatinganyi yashyizeho umukono muri iki cyumweru.
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yihanangirije amahanga akomeje kwamagana itegeko rihana abahuza ibitsina b’igitsina kimwe bazwi nk’abatinganyi yashyizeho umukono muri iki cyumweru. Perezida Yoweri Kaguta Museveni yashimangiye ko gushyira…
Meteo Rwanda:Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iteganyagihe cyatangaje umuyaga udasanzwe muri uku kwezi kwa Kamena.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyatangaje ko umuyaga ufite umuvuduko wa metero ziri hagati y’umunani na 10 mu isegonda ushobora kuzibasira uturere dutandatu two mu ntara y’Iburengerazuba muri uku…
UBUZIMA:ubuvuzi ku bana bafite ubumuga bwatanzwe n’Abaganga b’Abashinwa
Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda Wang Xuekun yatangaje ko Leta ahagarariye yateguye ibikorwa birimo Ubuvuzi bw’Abana bafite Ubumuga mu bihugu bya Afurika kuko abana ari bo shingiro ry’ahazaza ha buri…
Perezida Kagame yitabiriye ibirori byo kurahira kwa Perezida mushya wa Nigeria.
Perezida Paul Kagame yifatanyije n’abakuru b’ibihugu n’abandi bayobozi bo hirya no hino muri Afurika no hanze yayo mu birori by’irahira rya Perezida wa 16 wa Nigeria, Bola Tinubu, kuri uyu…
Uruganda rw’Abadage rukora imodoka, BMW, rwamuritse imodoka idasanzwe yo mubwoko bwa BMW 5 ifite ubushobozi butangaje.
Uruganda rw’Abadage rukora imodoka, BMW, rwamuritse imodoka ya mbere idasanzwe yo mu bwoko bwa BMW 5 ifite ubushobozi bwo guhindura igice cy’umuhanda iri kugenderamo hakoreshejwe kureba mu ndorerwamo z’icyerecyezo uyitwaye…
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, yatangiye uruzinduko Mu bihugu bya Afurika.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, yatangiye uruzinduko rugamije kwiyegereza ibihugu bya Afurika mu gihe igihugu cye gihanganye n’u Burusiya mu ntambara, ndetse byitezwe ko azanagera i Kigali. Ni…
George Raymond Stevenson yitabye Imana nyuma yuko afashwe n’ibibazo by’ubuzima ubwo hafatwaga amashusho ya filime.
George Raymond Stevenson wakinnye muri filime zikomeye nka Thor, Vikings, Star Wars, Rome n’izindi yitabye Imana. Uyu mukinnyi wa filime w’imyaka 58 ntiharatangazwa icyateje urupfu rwe gusa yari aherutse kujyanwa…
U Burusiya bwagabweho ikindi gitero
ikindi gitero cyagabwe kuburusiya Leta y’u Burusiya yemeje ko drone yateye igisasu mu muhanda w’imodoka mu Ntara ya Belgorod, nyuma y’umunsi umwe igabwemo igitero gikomeye n’abantu bitwaje intwaro baturutse muri…
Ikigo Gishinzwe Guteza imbere ikoranabuhanga (RICTA), kiri kongerera ubumenyi abanyeshuri bo mu mashuri makuru na za Kaminuza zitandukanye mu Rwanda.
Ikigo gishinzwe guteza imbere ikoranabuhanga (RICTA), kiri kongerera ubumenyi abanyeshuri bo mu mashuri makuru na za Kaminuza zitandukanye mu Rwanda mu bijyanye n’ikoranabuhanga, kugira ngo baribyazemo amahirwe y’umurimo n’ubucuruzi. …
Huye: Bifuza ko hamenyekana aho Abatutsi baguye muri PIASS bajugunywe
Muri Huye abaturage bifuza ko hamenyekana aho Abatutsi biciwe muri PIASS bajugunywe.Abakurikiranira hafi iby’amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Huye, bifuza ko hamenyekana irengero ry’Abatutsi bahigaga bahiciwe, kugira…