• Mon. Sep 25th, 2023

AMAKURU

  • Home
  • Icyiciro cya nyuma cya The Next Pop Star Gisa Cy’Inganzo na Ish Kevin barakomeza muri batandatu.

Icyiciro cya nyuma cya The Next Pop Star Gisa Cy’Inganzo na Ish Kevin barakomeza muri batandatu.

Abageze ku cyiciro cya nyuma cy’irushanwa rya The Next Pop Star harimo abakobwa babiri n’abahungu bane barimo abasanzwe ari abahanzi babiri ari bo Gisa Cy’Inganzo na Ish Kevin. Abageze kuri…

Umutsima bakata mu birori byakomotse he?

Muri iki gihe, iyo umuntu yumvise ko ahantu runaka habaye ibirori, urugero nk’ibyo kwizihiza isabukuru y’amavuko (Anniversaires/birthdays), ahita yumva ko byanze bikunze haza gukatwa umutsima bita uwa kizungu, (cake/gateau). Ni…

Davis D wasohoye indirimbo ‘Bon’ Iri ku rwego rwa Nigeria!yavugishije benshi ashobora gutaramira i Burundi – VIDEO

Davis D yamaze gushyira hanze indirimbo nshya “Bon” yari imaze igihe itavugwaho rumwe bitewe n’inkuru zayibanjirije ariko bisa nko kuyiteguza. Umureberera inyungu yamaze kubwira InyaRwanda icyo bateganya mu gihe ibitaramo…

Calvin Mbanda yashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Aba people’ video

Mu ntangiriro z’iki cyumweru Calvin Mbanda yashyize hanze indirimbo ‘Aba People’ mu buryo bwanditseho (video lyrics) ariko yari yijeje abafana be ko amashusho yayo ari bugufi. Kuri ubu rero yamaze…

Urukingo rwa kabiri rwa Coronavirus Amerika iri kurwitegura.

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibiribwa n’Imiti muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FDA) kiri kwitegura guha uruganda rwa Moderna uburenganzira bwo kugurisha urukingo rwa Coronavirus, nyuma y’uko igenzura ryakozwe n’icyo kigo…

Abantu 73 biganjemo abaturutse hanze banduye Covid-19 mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 18 Ukuboza 2020,abantu 73 basanzwemo ubwandu bwa COVID-19 mu bipimo 3,468 byafashwe, mu gihe nta muntu n’umwe wayikize mu masaha 24 ashize.…