• Tue. Oct 3rd, 2023

Itaramedia

  • Home
  • Paul KAGAME yasabye urubyiruko rugotomera inzoga gutekereza kabiri

Paul KAGAME yasabye urubyiruko rugotomera inzoga gutekereza kabiri

Paul KAGAME yasabye urubyiruko rugotomera inzoga gutekereza kabiri ahubwo bagaharanira kurinda ubuzima bwabo bw’ejo hazaza.   Ibi yabigarutseho ku mugoroba wo ku cyumweru ubwo yaganirizaga abitabiriye igitaramo cyo Kwibohora ku nshuro…

Abagizweho ingaruka n’ibiza batujwe mu mudugudu w’agatangaza

Imiryango 142 y’abagizweho ingaruka n’ibiza batujwe mu mumudugudu w’agatangaza mu Karere ka Rubavu, yatujwe mu Mudugudu w’ikitegererezo wa Muhira, uherereye mu Murenge wa Rugerero (Rugerero IDP Model Village), wuzuye utwaye…

 US UK and Australia agree on nuclear submarine project

US UK and Australia agree on nuclear submarine project The US, UK and Australia have unveiled details of their plan to create a new fleet of nuclear-powered submarines, aimed at…

Abasirikare ba DRCongo barasanye nab’u Rwanda! Noneho biracura iki?

Kuri uyu wa gatatu abasirikare ba DRCongo barashe kubasirikare b’u Rwanda barinda umupaka uhuza ibihugu byombi, birangira u Rwanda narwo rubasubije. Amakuru dukesha umuseke.com, avuga ko umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda,…

Abaturage batuye umugi wa Goma barasabwa kuba maso

Amakuru aturuka mumujyi wa Goma aravuga ko Ubuyobozi bw’Umujyi wa Goma bwasabye abaturage kwitegura isaha n’isaha no kuba maso kuko ngo isaha nisaha umwanzi yabatungura agahungabanya umutekano wabo. Ni mu…

Funding Opportunities for Africa Entrepreneurs-apply now

Do you have a successful business model or an undeveloped company idea? If you live in any of the African countries, here is a list of highly recommended funding options…

Biruta asaba Abakoloni kuza gutanga umuti w’ibibazo bateje hagati y’u Rwanda na Congo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’ubutwererane, Dr Vincent Biruta yatangaje ko abakoloni bagize uruhare mu gukata imipaka ihuza ibihugu by’akarere ariryo zingiro ry’umutekano muke muri Congo, bityo ko ari bo  bakwiye kubisobanura…

Dore uburyo wakwereka umukobwa ko umukunda ariko utabimubwiye akabyibonera ubwe

Iyo bigeze mu rukundo rw’umusore n’umukobwa burya ibikorwa bivuga cyane kurusha amagambo ubwira umukobwa. Bishobora kuba byakoroha kubwira umukobwa ko umukunda ariko nibyiza kandi bihabwa agaciro burya iyo weretse umukobwa…