Perezida Kagame yitabiriye ibirori byo kurahira kwa Perezida mushya wa Nigeria.
Perezida Paul Kagame yifatanyije n’abakuru b’ibihugu n’abandi bayobozi bo hirya no hino muri Afurika no hanze yayo mu birori by’irahira rya Perezida wa 16 wa Nigeria, Bola Tinubu, kuri uyu…
RDC yasabwe n’Amerika guhagarika imikoranire n’umutwe wa FDLR.
RDC yasabwe n’Amerika guhagarika imikoranire n’umutwe wa FDLR. Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony J. Blinken, yagiranye ikiganiro na Perezida Félix Tshisekedi, amusaba guhagarika imikoranire na…
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, yatangiye uruzinduko Mu bihugu bya Afurika.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, yatangiye uruzinduko rugamije kwiyegereza ibihugu bya Afurika mu gihe igihugu cye gihanganye n’u Burusiya mu ntambara, ndetse byitezwe ko azanagera i Kigali. Ni…
George Raymond Stevenson yitabye Imana nyuma yuko afashwe n’ibibazo by’ubuzima ubwo hafatwaga amashusho ya filime.
George Raymond Stevenson wakinnye muri filime zikomeye nka Thor, Vikings, Star Wars, Rome n’izindi yitabye Imana. Uyu mukinnyi wa filime w’imyaka 58 ntiharatangazwa icyateje urupfu rwe gusa yari aherutse kujyanwa…
Ikigo cy’icyitegererezo cyo kwigisha Amasomo y’ibyubuvuzi.
Umushinga wa Kigali Innovation City (KIC), muri uyu mwaka wa 2023 uritegura kwakira ikigo cy’icyitegererezo mu karere cya Kaminuza y’u Rwanda (UR), cyigisha amasomo y’ibijyanye n’ubuzima (Biomedical Engineering) ndetse n’ubuvuzi…
Umuhanzi REMA muri “Guinness des Records”
Divine Ikubor umaze kubaka izina muri muzika nka Rema yinjiye mu gitabo cy’abanyaduhigo ku Isi (Guinness des Records) nyuma y’uko indirimbo yise ‘Calm Down’ ariyo yatangiye iyoboye urutonde rushya rw’indirimbo…
Imirimo yo kubaka Umuhanda wa gari ya moshi.
Umushinga wo kubaka umuhanda wa gari ya moshi, uturuka ku cyambu cya Mombasa werekeza i Kampala ugakomeza i Kigali, ushobora gusubukurwa vuba, nyuma y’uko Uganda igiranye amasezerano yo kuwubaka n’ikigo…
Amasezerano y’ubufatanye hagati y’Urwanda na Zimbamwe
Amasezerano ya Guverinoma y’u Rwanda na Zimbabwe yasinywe k’ubufatanye mu nzego zitandukanye, zirimo ikoranabuhanga mu myubakire igezweho kandi ihendutse, ay’ubufatanye mu iterambere ry’uburezi bwa za kaminuza n’amasezerano y’ubufatanye mu guteza…
Raporo igaragaye kuri FBI
Raporo yashyizwe hanze, igaragaza ko Urwego rushinzwe ubugenzacyaha muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (FBI) nta bimenyetso rwari rufite bihagije ubwo rwatangizaga iperereza ku ruhare u Burusiya bwaba bwaragize mu…