Inkuru y’incamugongo yatashye imitima y’abakunzi ba muzika nyarwanda ibika urupfu rwa Karamuka Jean Luc wamamaye nka Junior Multisystem.
Junior Multisystem yitabye Imana ,Mu ijoro rya tariki 27 Nyakanga 2023 nibwo Inkuru y’incamugongo yatashye imitima y’abakunzi ba muzika nyarwanda ibika urupfu rwa Karamuka Jean Luc wamamaye nka Junior Multisystem.…
Inama ihuza u Burusiya na Afurika irikubera mu Mujyi wa St Petersburg mu Burusiya.
Inama ihuza uburusiya n’ Afurika yabaye kunshuro ya kabiri ,Perezida w’u Burusiya,Vladimir Putin, yabwiye abakuru b’ibihugu bya Afurika bitabiriye Inama ihuza UBurusiya n’Afurika ko igihugu cye kigiye gutanga ku buntu ingano…
Urutonde rwabahanzi bo muri Nigeria bishyurwa akayabo kamafaranga kugira ngo bitabire ibitaramo bitandukanye kw’isi
Muri iki gihe umuziki wa Nigeria wateyimbere cyangwa Afrobeat by’umwihariko, uri ku ibere! Abahanzi bo muri iki gihugu bamaze kubaka amateka ku buryo baciye akagozi kari kaboshye umuziki wa Afurika…
Abapolice bo mu Bufaransa barikwigaragambya!
Abapolisi bo mu Bufaransa batangiye imyigaragambyo bamagana ko bagenzi babo bane batangiye gukurikiranwa n’amategeko, ndetse umwe yafunzwe azira umuntu warasiwe mu mujyi wa Marseille. Amahuriro y’Abapolisi mu Bufaransa yahamagariye abapolisi…
UGANDA: Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni agiye mu Burusiya kwitabira inama ihuza u Burusiya n’ibihugu bya Afurika.
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yagiye mu Burusiya kwitabira inama ihuza u Burusiya n’ibihugu bya Afurika muri rusange ariko akazanagirana ibiganiro byihariye na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin…
Ibibazo bitandukanye harimo n’ibyumutekano muke bikomeje kugariza igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Kuva yabona ubwigenge nyuma yo gukolonizwa n’u Bubiligi, Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yagize ibibazo bitandukanye birimo kugira imitwe yitwaje intwaro mu bice bitandukanye harimo n’ishyigikiwe na Leta. Ku isonga…
Paul KAGAME yasabye urubyiruko rugotomera inzoga gutekereza kabiri
Paul KAGAME yasabye urubyiruko rugotomera inzoga gutekereza kabiri ahubwo bagaharanira kurinda ubuzima bwabo bw’ejo hazaza. Ibi yabigarutseho ku mugoroba wo ku cyumweru ubwo yaganirizaga abitabiriye igitaramo cyo Kwibohora ku nshuro…
Abagizweho ingaruka n’ibiza batujwe mu mudugudu w’agatangaza
Imiryango 142 y’abagizweho ingaruka n’ibiza batujwe mu mumudugudu w’agatangaza mu Karere ka Rubavu, yatujwe mu Mudugudu w’ikitegererezo wa Muhira, uherereye mu Murenge wa Rugerero (Rugerero IDP Model Village), wuzuye utwaye…