UBUZIMA:ubuvuzi ku bana bafite ubumuga bwatanzwe n’Abaganga b’Abashinwa
Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda Wang Xuekun yatangaje ko Leta ahagarariye yateguye ibikorwa birimo Ubuvuzi bw’Abana bafite Ubumuga mu bihugu bya Afurika kuko abana ari bo shingiro ry’ahazaza ha buri…
Perezida Kagame yitabiriye ibirori byo kurahira kwa Perezida mushya wa Nigeria.
Perezida Paul Kagame yifatanyije n’abakuru b’ibihugu n’abandi bayobozi bo hirya no hino muri Afurika no hanze yayo mu birori by’irahira rya Perezida wa 16 wa Nigeria, Bola Tinubu, kuri uyu…
Uruganda rw’Abadage rukora imodoka, BMW, rwamuritse imodoka idasanzwe yo mubwoko bwa BMW 5 ifite ubushobozi butangaje.
Uruganda rw’Abadage rukora imodoka, BMW, rwamuritse imodoka ya mbere idasanzwe yo mu bwoko bwa BMW 5 ifite ubushobozi bwo guhindura igice cy’umuhanda iri kugenderamo hakoreshejwe kureba mu ndorerwamo z’icyerecyezo uyitwaye…
RDC yasabwe n’Amerika guhagarika imikoranire n’umutwe wa FDLR.
RDC yasabwe n’Amerika guhagarika imikoranire n’umutwe wa FDLR. Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony J. Blinken, yagiranye ikiganiro na Perezida Félix Tshisekedi, amusaba guhagarika imikoranire na…
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, yatangiye uruzinduko Mu bihugu bya Afurika.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Dmytro Kuleba, yatangiye uruzinduko rugamije kwiyegereza ibihugu bya Afurika mu gihe igihugu cye gihanganye n’u Burusiya mu ntambara, ndetse byitezwe ko azanagera i Kigali. Ni…
George Raymond Stevenson yitabye Imana nyuma yuko afashwe n’ibibazo by’ubuzima ubwo hafatwaga amashusho ya filime.
George Raymond Stevenson wakinnye muri filime zikomeye nka Thor, Vikings, Star Wars, Rome n’izindi yitabye Imana. Uyu mukinnyi wa filime w’imyaka 58 ntiharatangazwa icyateje urupfu rwe gusa yari aherutse kujyanwa…
U Burusiya bwagabweho ikindi gitero
ikindi gitero cyagabwe kuburusiya Leta y’u Burusiya yemeje ko drone yateye igisasu mu muhanda w’imodoka mu Ntara ya Belgorod, nyuma y’umunsi umwe igabwemo igitero gikomeye n’abantu bitwaje intwaro baturutse muri…
Ikigo Gishinzwe Guteza imbere ikoranabuhanga (RICTA), kiri kongerera ubumenyi abanyeshuri bo mu mashuri makuru na za Kaminuza zitandukanye mu Rwanda.
Ikigo gishinzwe guteza imbere ikoranabuhanga (RICTA), kiri kongerera ubumenyi abanyeshuri bo mu mashuri makuru na za Kaminuza zitandukanye mu Rwanda mu bijyanye n’ikoranabuhanga, kugira ngo baribyazemo amahirwe y’umurimo n’ubucuruzi. …
Huye: Bifuza ko hamenyekana aho Abatutsi baguye muri PIASS bajugunywe
Muri Huye abaturage bifuza ko hamenyekana aho Abatutsi biciwe muri PIASS bajugunywe.Abakurikiranira hafi iby’amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Huye, bifuza ko hamenyekana irengero ry’Abatutsi bahigaga bahiciwe, kugira…
Umuyobozi mushya w’Ingabo za Kenya ziri muri Congo arashima ibyagezweho n’Ingabo za EAC
Major Gen. Aphaxard Muthuri Kiugu, uherutse gutangira imirimo ye nk’Umuyobozi w’Ingabo za Kenya ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashima ibyagezweho n’Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community…