• Mon. Sep 25th, 2023

Funding Opportunities for Africa Entrepreneurs-apply now

Do you have a successful business model or an undeveloped company idea? If you live in any of the African countries, here is a list of highly recommended funding options…

NYUMA YO GUKORANA INDIRIMBO NA JAY POLLY, MR.DESIRE NGO AFITE IMIGABO NIMIGAMBI MISHYA.

Desire Byukusenge uzwi nka Mr Desire ukorera umuzi we mu leta zunze ubumwe za Amarika, Mumisi yashize yashyize hanze indirimbo yakoranye na Jaypolly maze bimuha ishusho y’uko yategura gukora ibiruseho.…

Transfer News:Luvumbu muri AS Kigali, Babuwa na Emery muri Rayon, Mugisha Gilbert na Savio muri APR FC

Mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo shampiyona y’u Rwanda ngo igere ku musozo ,amakipe menshi yatangiye kuganiriza abakinnyi bitwaye neza muri iyi shampiyona, Gasogi United niyo yabanjirije izindi…

Inkuru y’incamugongo yatashye imitima y’abakunzi ba muzika nyarwanda ibika urupfu rwa Karamuka Jean Luc wamamaye nka Junior Multisystem.

Junior Multisystem yitabye Imana ,Mu ijoro rya tariki 27 Nyakanga 2023 nibwo Inkuru y’incamugongo yatashye imitima y’abakunzi ba muzika nyarwanda ibika urupfu rwa Karamuka Jean Luc wamamaye nka Junior Multisystem.…

Inama ihuza u Burusiya na Afurika irikubera mu Mujyi wa St Petersburg mu Burusiya.

Inama ihuza uburusiya n’ Afurika yabaye kunshuro ya kabiri ,Perezida w’u Burusiya,Vladimir Putin, yabwiye abakuru b’ibihugu bya Afurika bitabiriye Inama ihuza UBurusiya n’Afurika ko igihugu cye kigiye gutanga ku buntu ingano…

Urutonde rwabahanzi bo muri Nigeria bishyurwa akayabo kamafaranga kugira ngo bitabire ibitaramo bitandukanye kw’isi

 Muri iki gihe umuziki wa Nigeria wateyimbere cyangwa Afrobeat by’umwihariko, uri ku ibere! Abahanzi bo muri iki gihugu bamaze kubaka amateka ku buryo baciye akagozi kari kaboshye umuziki wa Afurika…

Abapolice bo mu Bufaransa barikwigaragambya!

Abapolisi bo mu Bufaransa batangiye imyigaragambyo bamagana ko bagenzi babo bane batangiye gukurikiranwa n’amategeko, ndetse umwe yafunzwe azira umuntu warasiwe mu mujyi wa Marseille. Amahuriro y’Abapolisi mu Bufaransa yahamagariye abapolisi…

UGANDA: Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni agiye mu Burusiya kwitabira inama ihuza u Burusiya n’ibihugu bya Afurika.

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yagiye mu Burusiya kwitabira inama ihuza u Burusiya n’ibihugu bya Afurika muri rusange ariko akazanagirana ibiganiro byihariye na mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin…

Ibibazo bitandukanye harimo n’ibyumutekano muke bikomeje kugariza igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Kuva yabona ubwigenge nyuma yo gukolonizwa n’u Bubiligi, Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yagize ibibazo bitandukanye birimo kugira imitwe yitwaje intwaro mu bice bitandukanye harimo n’ishyigikiwe na Leta. Ku isonga…

Paul KAGAME yasabye urubyiruko rugotomera inzoga gutekereza kabiri

Paul KAGAME yasabye urubyiruko rugotomera inzoga gutekereza kabiri ahubwo bagaharanira kurinda ubuzima bwabo bw’ejo hazaza.   Ibi yabigarutseho ku mugoroba wo ku cyumweru ubwo yaganirizaga abitabiriye igitaramo cyo Kwibohora ku nshuro…

Abagizweho ingaruka n’ibiza batujwe mu mudugudu w’agatangaza

Imiryango 142 y’abagizweho ingaruka n’ibiza batujwe mu mumudugudu w’agatangaza mu Karere ka Rubavu, yatujwe mu Mudugudu w’ikitegererezo wa Muhira, uherereye mu Murenge wa Rugerero (Rugerero IDP Model Village), wuzuye utwaye…

Karongi: Impunzi zo mu nkambi ya Kiziba iherereye mu karere ka Karongi z’izihije Umunsi Mpuzamahanga w’Impunzi.

Impunzi zo mu nkambi ya Kiziba iherereye mu karere ka Karongi z’izihije Umunsi Mpuzamahanga w’Impunzi mu bufatanye n’ishami ry’Umuryango wa bibumbye  ryita k’Umpunzi (UNHCR) ndetse na Leta y’Urwanda hamwe nabafatanya…

U Rwanda rwitabiriye amarushanwa y’ikoranabunga mu Bushinwa ndetse runitwara neza.

U Rwanda rwitwaye neza kuko rwaje ku mwanya wa kabiri mubihugu byitwaye neza mu bihugu 36 byitabiriye amarushanwa y’ikoranabuhanga yateguwe n’ikigo cya Huawei azwi nka Huawei ICT Competition 2022-2023. Ni…